
Mama abyuka ansukaho amaziSinzi umunsi yambyukije nezaNkajya kuvoma urume ari rwoseUrujerekani runduta ubwinshiAriko ndubyimba ngo ntakonorwa. Nkavayo ansanganya ikirepeNa najoro ngo ubwatsi bw’inkaNabutura bakambaza icyarireNakigwiza ngo siga ukuye ibijumbaNuko uwo munsi ngasiba ishuri. Abandi bana ababyeyi baboBabazana kwiga barabakundaBazana impamba nge nta n’itushi,Nge baratanye sinzi ibyaboNdi...