
Naba nitwa umwamiKandi ntaho ntwaraBanzi cyane ntabaziNtawambonye n’umweNtujwe ntuye aheza. Sinaba nkitwa MuhireUtsindwa atanarwanyeUtagira ijambo n’iwe;Mpuguza abantu zikeraMbuguza imari bukwavu.Nta cyo najya ntinyaKabone n’ibyo ndebaNange ubwange ntakwiyeNkundwa ntazi impamvuNta cyo nkora gihomba. Najya ndota mpangaBugacya byogeye hoseN’ibifaranga umurundoNdi umuhanga mu bandiN’umuco ubwawo unkeza....