
Umunsi urira ntazi ibyawo N’undi ukaza nzi ko utarira Sinzi umunsi urubeho rwaje Nzajya ndwumva ari amatekaUmwana nkunda akamba hafi. Amaburakindi ubu ari gukezwa Akitwa intwaro ndetse rukumbi Yatuvana mu aya matsa Nubwo ndeba bikidogeraNshaje ntashaje aha mu gifungo. Ibikino byose byaracutse Inama ibaye ni iki cyago Nta n’ikindi ifata nk’ingamba ...